Abo turi bo

Murakaza neza mu Ishyaka ry’Ubwisungane Bugamije Iterambere (PSP)
PSP ni Ishyaka rya politiki ryashinzwe mu 2003, rifite ingengabitekerezo ishingiye ku Bwuzuzanye, Ubutabera n’Iterambere ry’umunyarwanda.

Dushyigikiye ubufatanye mu nzego zose z’imibereho, twemera ko abanyarwanda bareshya imbere y’amategeko kandi ko iterambere rirambye rishingira ku bumenyi n’imibereho myiza y’umuturage.

Twifatanya n’abaturage mu buryo bufatika, harimo no kuborohereza kubona Mutuelle de Santé.
PSP ihagarariwe ku nzego zose z’imiyoborere y’igihugu, kandi ni umwe mu mitwe 11 yemewe na Leta y’u Rwanda.

Twisungane, twubake u Rwanda ruzira ubukene n’akarengane.

Inkuru Nshya

Abagize imitwe ya politiki barasabwa gukoresha neza imbuga za internet zabo

Ubuyobozi bw’ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda (NFPO) bwasabye abagize imitwe ya...

Ubuyobozi bwa PSP

Hon. NKUBANA Alphonse

Umuyobozi
mukurU

MURONDA N. Isidore

UMUYOBOZI WUNGIRIJE

NYIRAMAHIRWE Florence

UMUYOBOZI WUNGIRIJE 2

MUKANGWIJE K. Laurence

UMUNYAMABANGA MUKURU

NTAKIRUTIMANA Emmanuel

UMUBITSI

Twandikire

    E-mail: info@psp-rwanda.rw

    Tel: +25078 8821 342