Abo turi bo

Murakaza neza mu Ishyaka ry’Ubwisungane Bugamije Iterambere (PSP)
PSP ni Ishyaka rya politiki ryashinzwe mu 2003, rifite ingengabitekerezo ishingiye ku Bwuzuzanye, Ubutabera n’Iterambere ry’umunyarwanda.

Dushyigikiye ubufatanye mu nzego zose z’imibereho, twemera ko abanyarwanda bareshya imbere y’amategeko kandi ko iterambere rirambye rishingira ku bumenyi n’imibereho myiza y’umuturage.

Twifatanya n’abaturage mu buryo bufatika, harimo no kuborohereza kubona Mutuelle de Santé.
PSP ihagarariwe ku nzego zose z’imiyoborere y’igihugu, kandi ni umwe mu mitwe 11 yemewe na Leta y’u Rwanda.

Twisungane, twubake u Rwanda ruzira ubukene n’akarengane.

Inkuru Nshya

Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki ryaganiriye ku ngamba zo kongera umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi

Uyu munsi, imitwe ya politiki 11 yemewe mu Rwanda ihuriye mu Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo...

ABAKANDIDA BEMEJWE BY’AGATEGANYO MU MATORA YA PEREZIDA WA REPUBULIKA N’AY’ABADEPITE

Komisiyo y’amatora (NEC) ishingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo yaryo ya...

Ubuyobozi bwa PSP

Hon. NKUBANA Alphonse

Umuyobozi
mukurU

MURONDA N. Isidore

UMUYOBOZI WUNGIRIJE

NYIRAMAHIRWE Florence

UMUYOBOZI WUNGIRIJE 2

MUKANGWIJE K. Laurence

UMUNYAMABANGA MUKURU

NTAKIRUTIMANA Emmanuel

UMUBITSI

Twandikire

    E-mail: info@psp-rwanda.rw

    Tel: +25078 8821 342