MEDIA CENTER

ABAKANDIDA BEMEJWE BY’AGATEGANYO MU MATORA YA PEREZIDA WA REPUBULIKA N’AY’ABADEPITE
http://psp-rwanda.rw/IMG/jpg/pspcandidate1.jpeg Komisiyo y’amatora (NEC) ishingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo yaryo ya 99 iteganya ibisabwa Umukandida ku mwanya wa (...)
Urubyiruko rusaga 80 rwo mu Mitwe ya Politiki rwasuye Ingoro y’amateka y’urugamba rwo guharika Jenoside, runasura Urwibutso rwa Jenoside rwa Rebero
Tariki ya 20 Mata 2024, Urubyiruko rwo mu Mitwe ya Politiki iri mu Ihuriro, rwo mu Mujyi wa Kigali n’urwo mu Ntara y’Iburasirazuba, rwiga mu Ishuri ry’Ihuriro ryigisha Politiki n’imiyoborere (Youth (...)
Urubyiruko rwo mu Mitwe ya Politiki iri mu Ihuriro Rwahawe Icyemezo cy ‘Amahugurwa
Ku itariki ya 20 Mata 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki ryatanze Icyemezo cy’Amahugurwa ku basore n’inkumi 83 basoje Icyiciro cya 20 cy’amasomo atangirwa mu Ishuri (...)
IHURIRO RYASOJE AMAHUGURWA Y’ABAGIZE URWEGO RUSHINZWE KUGENZURA IMYITWARIRE NO GUKEMURA IMPAKA MU MITWE YA POLITIKI
Nyuma y’aho mu mwaka w’ingengo y’imari 2022-2023, Ihuriro ryahuguye abagize Urwego rushinzwe kugenzura imyitwarire no gukemura impaka mu Mitwe ya Politiki bo mu Ntara y’Iburasirazuba, abo mu Ntara (...)
Ihuririro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki N.F.P.O ryahuguye urubyiruko rwo mu mitwe yose ya politiki yemewe mu Rwanda ku buryo bw’imicungire y’imbuga za Internet
Mw’Ijambo rye ryikaze Umunyamabanga Nshingwa Bikorwa wa N.F.P.O Theoneste GISAGARA mu mahugurwa yabere ku Kicaro cya N.F.P.O yatangiye asobanurira abitabiriye amahugurwa akamaro kimbuga za (...)